in

Umukinnyi wa APR FC wananiwe gutanga umusaruro, yatawe muri yombi

Ubwo kuri uyu wa gatanu Gasogi FC yanganyaga n’ikipe ya APR FC mu mukino w’ishiraniro, umwe mu bakinnyi b’inkingi za mwamba muri APR FC ntabwo yagaragaye kuri uyu mukino.

Amakuru ava mu karere ka Rubavu aravuga ko umukinnyi wo hagati mu ikipe ya APR FC, Itangishaka Blaise ari mu maboko y’inzego z’umutekano kuva mu ijoro ry’uyu wa Gatanu aho yafunzwe azira gutwara imodoka yanyweye ibisindisha bikamuviramo kugonga umumotari wari utwaye umugenzi.

Gusa nubwo yafunzwe, APR FC ntacyo bari babitangazaho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’abastar nyarwanda yabiciye bigacika kuri instagram muri iki cyumweru

Chriss eazy yasajije abari mugitaramo kubera ukuntu yaje kurubyiniro yambaye