in

Umukinnyi ukomeye w’Ubudage arashinjwa uruhare mu rupfu rwu wahoze ari umukunzi we

Jerome Boateng Umudage w’imyaka 34 y’amavuko ukinira ikipe ya Lyon muri Championa y’Ubufaransa (Ligue 1)bivugwako yahatiye uwahoze ari umukunzi we gusinya impapuro zivugako bari babanye neza.


Bivugwa ko Jérôme Boateng yahatiye uwahoze ari umukunzi we gushyira umukono ku nyandiko ivuga ko yagombaga guceceka ku mibanire yabo, aho bivugwa Boateng yajyaga ahohotera uwo mukobwa mu bihe bitandukanye.

Mu bihe bitandukanye bari bishimanye


Uyu mukobwa yiyahuye ku ya 9 Gashyantare 2021, ibyumweru bibiri nyuma yo kuyisinya.

Kasia Lenhardt yabanje kwanga gushyira umukono kuri iyo nyandiko, ariko Jérôme Boateng ahita amukubita mu maso.
Nyina w’uwahohotewe avuga ko umukobwa we yasinye ayo masezerano y’ibanga kubera ubwoba.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi yeretse igitsina cye uwo bari bahanganye kugira ngo amurete umwaku ntabatsinde

Umunyarwenya ukomeye mu Rwanda arasezeye ndetse atutswe no kuri Instagram live ararira.