in ,

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Liverpool yakoze ikintu gikomeye gikora ku mitima y’abafana

Nyuma y’imikino ibiri ikomeye yagoye ikipe ya Liverpool haba uwo muri Champiyona aho yaje kunyagirwa imvura y’ibitego 5-0 n’ikipe ya Manchester City ndetse n’umukino yanganyijemo na Fc Seville mu mikino ya UEFA CHAMPIONS LEAGUE ibitego 2-2. Umukinnyi Sadio Mane wahawe ikarita itukura mu mikino ya Champiyona aho azamara imikino itatu adakina akaba yagiye mu itangazamakuru asaba imbabazi abafana n’abakinnyi bagenzi be maze yiyemeza kutazongera gukora ikosa nka ririya.Manchester City v Liverpool - Premier League

Mu kiganiro uyu musore yagiranye na Skysport yiseguye kubakunzi ba ruhago muri rusange ndetse anasaba imbabazi. Mu magambo ye bwite uyu munya senegali yagize ati:” My intention was not to hurt the goalkeeper. It was bad and I wish him the recovery to come back healthy, “I think it was a challenge for the ball. Honestly, I was going for the ball, I didn’t have intention to hurt him because I am not that kind of player so I wish him a quick recovery.”

Tugenekereje mu kinyarwanda uyu musore yagize ati:”Intumbero yange ntiyari iyo kugirira nabi umunyezamu , byari bibi cyane kandi rwose ndamwifuriza gukira vuba. Ndatekereza ko cyari ikizamini gikomeye ku mupira, mbabwije ukuri naringiye gufata umupira rwose sinari ngambiriye igikorwa nka kiriya kuko ntari umukinnyi watekereza gukora ibintu nka biriya. Ndamwifuriza kugaruka mu kibuga vuba.”

Akimara kubivuga abafana bose bamushimiye kubwumutima wa kimuntu yagaragaje.

Dore uko Sadio Mane yagize umunyezamu  wa Manchester City

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nicki Minaj na NAS basomanye bikomeye bateza urujijo ku bari bitabiriye ibirori aba bombi bahuriyemo (video)

Iyumvire akandi gahigo gakomeye Cristiano Ronaldo yakoze agahita aca kuri Lionel Messi