in ,

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Chelsea yakoze impanuka y’imodoka(Inkuru irambuye)

Imyitozo y’ikipe ya Chelsea Fc yagombaga kuba ku munsi wejo ku isaha ya Saa cyenda n’igice yaje gutangira itinzeho gake bitewe n’impanuk yabaye ku mukinnyi w’iyi kipe ubwo yerekezaga ku kibuga cy’imyitozo kizwi kw’izina rya Cobham City Center mu mugi wa Londre.Chelsea FC v Qarabag FK - UEFA Champions League

Amakuru dukesha ikinyamakuru The sun cyabashije kugera aho impanuka yabereye, yavugaga ko uyu musore yaje kugongana n’indi modoka yasaga nkiyataye umuhanda bityo nawe akaza guhita ayigongo. Police yo muri iki gihugu yahise ihagera ije kureba uko bimeze gusa nanubu ntiharamanyekana niba uyu musore yahagiriye imvune izamubuza gukina mu mikino ya Champiyona ikipe ya Chelsea ifite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cyera kabaye, hatahuwe umugore wanduje Usher indwara ya Herpes (inkuru irambuye)

Jennifer Lopez n’umukunzi we bakuye mu rujijo abibazaga ko bagiye gukora ubukwe mu minsi ya vuba (inkuru irambuye)