in

Umukecuru akomeje kuvugisha abatari bake kubera uburanga n’ikimero bye byifuzwa n’abagabo(AMAFOTO)

Umugore ubarirwa mu cyiciro cy’abakecuru akomeje kwigarurira imitima y’abatari bake kubera uburanga n’ikimero bye bitangaje dore ko ku myaka ye 52 yamavuko agaragara nk’umukobwa w’imyaka 20 gusa.

Rolanda Rochelle, uyu mugore asanzwe azwi cyane kuri Instagram, ariko akaba akora n’ibindi byinshi. Yibera muri Amerika afite imyaka 52 ndetse akaba afite abana ndetse n’abuzukuru, ku mbuga nkoranyambaga ze akurikirwa n’abarenga ibihumbi 175 ndetse umunsi kuwundi bagenda biyongera muburyo butangaje. Imiterere y’umubiri we ndetse nukuntu byatumye abagabo benshi batangira kumwibazaho muburyo budasanzwe ndetse benshi bibaza ukuntu umuntu wuzukuruje ashobora gusa gutya bakumirwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond yabwiwe ijambo ryiza ryamukoze ku mutima nyuma y’ifungwa rya Televiziyo ye.

Dore amagambo aryohereye wakoresha uganiriza umukunzi wawe akamukora ku mutima.