in

Umujura yahawe igihano kidasanzwe ubwo yibaga inkoko y’abandi(amashusho).

Umujura utatangajwe amazina yahawe igihano kidasanzwe, aho yategetswe kurya inkoko mbisi yari yibye akayimara .

Nk’uko byagaragaye mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga ,uyu musore ukiri muto yategetswe kurya iyi nkoko yose akayimara ntawe umufashije nk’igihano cyo kugira akaboko karekare.Mu mashusho wumvagamo ururimi rw’ikinyarwanda ,aho bamusabaga kurya inyama mbisi ziyi nkoko ,ndetse akazimira ari nako yakubitwaga inkoni.

Uyu musore yubashye aya mabwiriza arya iyi nkoko ari mbisi arayimara ntawe umufashije baramurekura aragenda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yafashwe ashaka gusambanya umunyeshuri wo mu yisumbuye yari ahaye lifuti ||Ibyamubayeho nyuma ni akumiro.

Wari uziko kurara wambaye ubusa bishobora kuba umuti w’ibitotsi ?