in ,

Umuhanzikazi Nina yavuye ku izima yiyemerera ko afite abana barenze umwe

Nina Muhoza ni umwe mu bakobwa bagize itsinda rya Charly&Nina bakaba baramenyekanye mu ndirimbo nka Face to Face, Indoro n’izindi, uyu mugore kuri ubu yamaze kwemera ko ari umubyeyi w’abana benshi.

Image result for Charly na nina

Ni kenshi byagiye bivugwa ko hariho abahanzikazi nyarwanda usanga barabyaye ariko bakabigira ibanga ibi bigatuma abantu benshi bakomeza kubakemanga.

Nina yavuye kwizima yemera ko ari umubyeyi w'abana barenze umwe
Nina yavuye kwizima yemera ko ari umubyeyi w’abana barenze umwe

Nk’uko touchRwanda ibitangaza ngo  umuhanzikazi Nina yamaze kwemera ko ari umubyeyi w’abana benshi gusa yanze gutangaza umubare ariko yavuze ko yabyaye abana barenze umwe.Nina yavuye kwizima yemera ko ari umubyeyi w'abana barenze umwe

Nina yagize ati “Umwana ni umugisha ntago namwihakana, njyewe narabyaye ndetse mfite abana benshi barenze umwe.”

Uyu muhanzikazi kandi yanyomoje amakuru avuga ko ashobora kuba yarabyaranye na Makoni Koshwa bigeze gukundana mu minsi yashize.

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva amagambo yuzuye ubwiyemezi Jose Mourinho yavuze nyuma yo gutsindwa na Arsenal

Dore amafoto agaragaza ubwiza buhebuje bw’umukunzi wa Nshuti Savio butuma abasore bashaka kumumwiba