Uyu muhanzi uri mubakunzwe cyane mu Rwanda yongeye kugaruka ku indirimbo ye yakoranye nabo muri Wasafi ubwo yabigaragazaga muri Instagram post ye nshya
Hari hashize igihe kingana nibyumweru 19 atangarije abakunzibe kuri post ye ya Instagram ubwo yashyiraga hanze ifoto nabo muri Wasafi abaza afana be Niba biteguye
Iyi ndirimbo bikekwako yayikoranye na Rayvanny afatanyije na Dj wa Diamond Platnumz bita Romyjons.

Akaba yongeye kugarura ibyiyi ndirimbo uyumunsi kuwa 3 zu kwezi kwa gatandatu agaragazako ishobora kuba iri hafi kujya hanze.
Kugeza ubu ntago baratangaza izina ryiyo ndirimbo ndetse nigihe cyanyacyo izagira ahagaragara.