in

Umuhanzi Jules Sentore yagize icyo avuga ku mukunzi we yihebeye.

Umuhanzi Jules Sentore yanze kugira byinshi avuga ku mukunzi we, gusa ahamya ko ameze neza ,ntakibazo afite.Ariko ko kumutangaza izina bitamushobokera ku mpamvu zo kumurinda itangazamakuru.

Ni mu kiganiro ’’Samedi Détente’’ gitambuka mu bitangazamakuru bya RBA aho yarimo avuga ku ndirimbo ye nshya aherutse gusohora. Ku musozo w’iki kiganiro, Jules Sentore yabajijwe niba umukunzi we ameze neza ati: ’’Umukunzi wanjye ameze neza’’, yarangije araseka cyane.

Muri iyi minsi ibyamamare bya hano mu Rwanda iyo babajijwe niba bafite abakunzi hari ababyemera ariko bakirinda gutangaza amazina yabo, rimwe na rimwe bikorwa mu kwirinda ko abo bakunzi bamenyekana mu itangazamakuru bikaba byabababaza kandi atari ngombwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyitegeka Gratien asekeje cyane abantu imbavu zirashya|Ngize Imana naba imbwa(Video)

Inkuru y’urukundo ruhebuje rwa Kwizera na Diane bakundanye bakiri abana bato(Video)