in

Umugore yishe abana be babiri abateye ibyuma avuga ko bafite amadayimoni

Umugore utagira umutima yihekuye , maze yambura ubuzima abana be babiri avuga ko bafite amadayimoni.

Amakuru aturuka muri polisi avuga ko Octavius w’amezi 11 ​​na murumuna we w’imyaka 3, Daishawn Fleming, basanzwe batewe icyuma mu ijosi, mu ijoro ryo ku wa gatandatu, tariki 26 Ugushyingo muri Nigeria.

Polisi yemeza ko nyina w’abahungu babiri Dimone “Brenda” Fleming, yabateye icyuma kugeza bapfuye, magingo aya aba bana bakorewe isuzuma ngo harebwe icyabishe. Fleming, ufite imyaka 22, yahise atabwa muri yombi ariko abaganga barimo kumukorera isuzuma kugirango harebwe niba adafite uburwayi bwo mu mutwe

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Rutini
Rutini
1 year ago

Ntabwo muri ba professionals,ntimwavuze ago byabereye

Umukinnyi wa Rayon Sports yerekanye ubumuntu nyuma yo gusaba imbabazi ku ikosa ryakorewe umukinnyi wa Musanze FC

Ngizi indwara zikomeye ushobora kuba urwaye niba ukunda kubira ibyuya bikabije