in

Umugore yihaye ibyo kwahukana agaruka umugabo we asigaye aryamana na nyina

Close up african female sit on couch feels unhappy desperate thinking about personal difficulties mental health problems, 30s sad woman need psychological support goes through divorce break up concept

Umugore w’imyaka 23 y’amavuko yashyize agahinda gakomeye yagize nyuma yo kwahukana yagaruka agasanga umugabo we yaradukiriye nyina w’uyu mugore ari we basigaye baryamana nk’umugabo n’umugore.

Uyu mugore yabitangarije kuri Facebook avuga ko yamye azi ko umugabo we wimyaka 25 yagombaga kuba hafi ya nyina kuko papa we yapfuye. Yavuze ko bakundaga kubasetsa ndetse bakamwita “umuhungu wa mama” kubera ko yakundaga mama we(nyirabukwe), ahanini bikaba byaratumaga aseka.

Icyakora, uyu mugore yakomerekejwe umutima ubwo yahukanaga yagaruka mu rugo mu buryo butunguranye agasanga yambaye ubusa ku buriri bwe ari hejuru ya nyina bakora imibonano mpuzabitsina.

Uyu mugore yagize Ati: “Ubu narahahamutse rwose. Sinshobora no gutekereza neza. Mana we !!! Umugabo wanjye yampaye ihungabana rikomeye mu buzima bwanjye bwose kandi ndumva nashize. Ntabwo nshobora kubyitwaramo. Umugabo wanjye afite imyaka 25 nanjye mfite imyaka 23. Tumaze imyaka 2 dushyingiranywe.Ariko nasanze aryamanye na mama wanjye”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu azira kwica umugabo we

Umuyobozi muri APR FC yavuze ikipe bazahangana uyu mwaka hagati ya Rayon Sports na Kiyovu Sport