Imyidagaduro
Umugore wa Alpha Rwirangira yerekanye ingano y’urukundo akunda umugabo we n’umwana we w’imfura

Liliane Umuziranenge, umugore wa Alpha Rwirangira yagaragaje ingano y’urukundo rwinshi akunda umugabo we, Alpha, ndetse n’umwana wabo w’imfura. Ibi Liliane yabigaragaje abinyujije kuri story ya instagram ye aho yashyize hanze ifoto ya Alpha ari kumwe n’umwana wabo w’imfura akayiherekesha amagambo meza agaragaza urukundo abakunda.
Nkuko byagaragaye kuri story ya instagram ya Liliane, nyuma yuko ashyize hanze iyi foto, yayiherekesheje amagambo agira ati « My Love »ndetse akoresha n’indirimbo ya Elevation Worship. Alpha Rwirangira n’umugore we barushinze ku ya 22 Kanama 2020 . Kuri ubu bamaze amezi 6 abana nk’umugabo n’umugore ndetse Imana yabahaye umugisha ibaha umwana w’umuhungu.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Imyidagaduro18 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
inyigisho20 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Inkuru rusange7 hours ago
Ibyo wamenya kuri uyu mwana utangaje wapimaga ibiro 200 afite imyaka 10 y’amavuko gusa.
-
inyigisho8 hours ago
Bimwe mu bintu ukwiye kwirinda gukora niba udashaka kuzana umwuka mubi mu rugo rwanyu.
-
Izindi nkuru2 hours ago
Umukobwa ukiri muto yapfuye ubwo bamutunguraga bamwifuriza isabukuru y’amavuko.