in

Umugore ari kwibaza niba ariwe sogoro bavuze nyuma y’ibyamubayeho

Umugore ari mu gahinda gakomeye  nyuma y’uko atandukanye n’umugabo we ndetse anamwihenuyeho akamwereka ko atakimukeneye, none yatangiye kubyicuza.

Umugore yafashe imbuga nkoranyambaga abwira abasore bose ko hagize uwamugirira impuhwe yamutereta kuko nyuma yo gutandukana n’umugabo we yabuze undi wamutereta.

Kuri ubu amaze imyaka itanu akoze ubukwe ariko nyuma y’imyaka ibiri yaje gutandukana n’umugabo we ubwo bivuze ko hashize imyaka itatu atandukanye n’umugabo we ndetse akaba atari yabona undi musore wamubaza izina.

Mu mateka tujya twumva umugore bita Sogoro wari mubi cyane ndetse uwo mugore akaba yatangiye kwibaza niba nawe ari Sogoro kubera ko afite amafaranga akaba anakora business

Bamwe batangiye kwemeza ko yaba ari amarozi ariko muri Kenya ntago hakunze kuvugwa cyane ibintu by’amarozi nkahandi nka Nigeria.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bester
Bester
1 year ago

Mwandika inkuru Nabi cyane umugore yitwa nde nuwo mukihe gihugu byabaye ryari mujye muba abanyamwuga

Uko byagenze ubwo Miss Naomie yajyanaga na Miss Meghan mu rusengero (Ifoto)

“Zikamwa ayo zitahanye” Etoile de l’est na gicumbi ayo zitahanye ntanyowe