in ,

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Umugeni yabuze aho akwirwa akubise amaso ubugabo bugufi bw’umukwe bageze mu gitanda

Umugeni yatangaje ko yabuze aho akwirwa ubwo yageraga mu buriri n’umugabo we bari bakoze ubukwe maze agatungurwa no kubona ubugabo bw’umugabo we bureshya na cm 3 gusa.

Uyu mugore w’imyaka 28 avuga ko yari yarategereje umugabo we w’imyaka 34 igihe kinini nk’uko yabitangarije ikinyamakuru The Dailymail ariko aza gutungurwa no kuba umugabo we afite igitsina gito cyane.

Ibi byaramubabaje cyane avuga ko umugabo we yamubeshye igihe kinini akanga ko baryamana mbere y’igihe naho ari ukumuhisha igitsina cye gito cyane ku buryo yaje gushyira ahagaragara ikibazo cye aho yibazaga ati “ Ese ndi umuntu mubi? Naba ndi muzima se?” Aha yibazaga impamvu yaba yarakunze umugabo ufite igitsina kingana gutyo.

Byaje kubura gica aho iyi nkuru yatumye n’umugabo ata ikuzo ariko bimwe mu bigo bishinzwe gukurikirana iki kibazo bivuga ko ikibazo atari igtsina kigufi kuko bishoboka ko abantu bishimana hatagombye icyo aba bombi bapfuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ntakirutimana Gilbert
Ntakirutimana Gilbert
2 years ago

Ubwo se ntiyamusebeje kokk

Ndayishimiye Daniel
Ndayishimiye Daniel
2 years ago

Kbx bibaho gux igitsina kirekire sicyo gikor gusa keretse niba kita
muhaz

Morocco ihannye Canada biyihesha itike ya 1/8 mu gikombe cy’isi, Ububirigi butaha imburagihe

“Nateye umukobwa inda duteganya kubana none nagiye kumwereka mu rugo bavuga ko ari mushiki wanjye..” umusore ari mu marira