in

Umugabo yasubiye kwiga muri primaire bitewe n’impamvu itangaje

Umugabo yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri nyuma y’aho umugore we amutaye avuga ko atabana n’umugabo utarize.

Uyu mugabo wimyaka 38 yatunguye benshi nicyemezo cye cyo gusubira mu ishuri afite imyaka nkiyi nyuma yo guterwa indobo nuwari umugore we.

Umugabo uzwi nka John, yarubatse yishimye kugeza igihe umugore we yiyemeje kumuta kubera kubura amashuri.

Nk’uko amakuru abitangaza, abashakanye bari barabyaranye abana babiri, ariko ntibyabujije umugore we kumusiga akisangira undi mugabo.Uyu John ngo yahise yiyemeza gusubira kwiga mu mashuri abanza kubera agahinda yatewe n’umugore we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo ifite ishusho nkiy’igitsina gore,ibitangaje ku masitade 8 azakira imikino y’igikombe cy’Isi muri Qutar

Rayon Sports igiye gukora igikorwa cy’ubutwari mu Karera ka Rubavu uyu munsi