in

Umugabo yahaye isomo rikomeye umukunzi we wamuciye inyuma biteguraga ubukwe

Umugabo wubatse uzwi ku izina rya Bolarin, yavuze uko umubano we wa nyuma warangiye nyuma yo gufata umukunzi we mu modoka y’undi mugabo amuca inyuma.

Uyu mugabo w’imyaka 36 y’amavuko yavuze ko yari agarutse avuye ku kazi amubonye mu modoka y’undi muntu, maze biramutungura kuko yari yamubwiye ko yari agiye kureba umuryango we i Kaduna.

Yasobanuye ko mu ikubitiro atari azi neza ko ari we bityo akurikirana imodoka kugeza abonye icyemezo yashakaga.

Bolarin yavuze ko yahamagaye terefone nyuma asaba ko yavugana n’umwe muri barumuna be ariko atanga urwitwazo ko ataboneka

Ubwo uyu mukunzi we yagarukaga , ngo yagerageje gusaba imbabazi ariko uyu mugabo asa nkaho yamubabariye.Nyuma y’iminsi mike uyu mugabo yahise amwihimuraho maze ashaka undi mukunzi ndetse bakaba barahise bakora ubukwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nta kizere ko Chelsea izava aha iri” Graham Potter nyuma yo kugurirwa umuhisi n’umugenzi

Umubyeyi w’imyaka 50 yacyuye indaya y’umugabo bucya atwika inzu kubera abana banze kokereza ibigori umushyitsi