in

Umugabo yafashe umugore we asambana n’undi mugabo maze abifotoreza selfie bagaragaza ubwambure bwabo.

Umugabo yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amafoto agaragaza umugore we n’undi mugabo wari waje ku muca inyuma.Uyu mugabo utatangajwe amazina biravugwa ko ari uwo muri Nigeria.Gusa yatunguye abantu kuko aho kugirango akubite umugore we numugabo wamucaga inyuma yahise abafotora maze amafoto yabo ayashyira hanze.

Amafoto yakwirakwijwe kuri Twitter agaragaza uyu mugabo yaguye gitumo umugore we ,aryamanye nundi mugabo ndetse bambaye ubusa yahise abahagarika muri salon ndetse abifotorezaho selfie.
Abakoresha Twitter, bakaba batunguwe cyane n”ibyo uyu mugabo yakoze ndetse bagiye babigarukaho cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda hateganyijwe imvura idasanzwe mu minsi itatu.

Pierre-Emerick Aubameyang yavuze ku myitwarire ye mibi muri Arsenal n’icyo agiye gukora ngo yisubireho.