in

Umugabo yaciye ibintu nyuma yo kurongora impanga ebyiri zanze gutandukana(AMAFOTO)

Amafoto na videwo byagiye bigaragara ku mbuga nkoranyambaga, aho bigaragaza umugabo wo muri Nigeria wiyemeje gukora ubukwe n’abakobwa babiri bimpanga banze gutandukana.

Izi mpanga zikaba zari zararahiye ko zidashobora kubaho zitari kumwe bityo zikaba zashakanye n’umugabo umwe.

Aba bakobwa bari mu byishimo byinshi cyane ko ubwo babyinaga ku munsi mukuru wabo uyu mugabo yabanyanyagizagaho amafaranga.
Icyakora umwe muri aba bakobwa yari atwite kuko inda ye yari nini ku buryo bugaragarira buri wese.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye muri Jamaica (VIDEO)

Diamond yabwiwe ijambo ryiza ryamukoze ku mutima nyuma y’ifungwa rya Televiziyo ye.