in

Umugabo n’umugore baguwe gitumo baterera akabariro mu mudoka ku muhanda.

Umugabo n’umugore bakurikiranyweho gukora ibiteye isoni nyuma yo gufatwa n’abapolisi baryamanye mu modoka ku muhanda.

Inyandiko z’urukiko rw’intara rwa Pinellas muri leta ya Frorida ho muri USA zerekana ko Amber Gormley w’imyaka 39 na Shawn McClelland w’imyaka 30, bombi bakurikiranyweho icyaha cyo gukora ibiteye isoni ku karubanda.

Raporo z’itabwa muri yombi z’aba bantu zivuga ko abo bashakanye berekeje ku ruhande rw’umuhanda hafi ya Whitney Road na US 19 muri Largo kugira ngo baryamane. Umutangabuhamya yabwiye abapolisi ko yabonye McClelland hejuru ya Gormley. Polisi yavuze ko bari mu gace abandi bashoferi bashoboraga kubabona ku muhanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Josiane nyuma yo ku muterera ivi akambikwa impeta n’umukunzi we, ibyabo byarangiye gute ?

Ibinyoma abantu bibeshya ku byiza byo kunywa inzoga .