yegob.rw
Umuforomo w'imyaka 27 nyuma y'uko umwana yitagaho apfuye, yagize igicibwa. - YEGOB
Muri ubu buzima abantu benshi bagerageza gukora ibyiza ndetse bakabigeraho, ariko hari n’abandi bagira amahirwe make yo kutabigeraho bikarangira nabi bibabyariye amazi n’ibisusa. Ibi nibyo byabaye k’umuforomo ufite imyaka 27, wahise utabwa muri yombi nyuma y’uko umwana yitagaho yapfuye amuri iruhande ndetse ubungubu akaba yenda kugezwa imbere y’ubutabera ngo akanirwe urwikwa ko rumukwiye. Uyu mwana […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne