yegob.rw
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo. - YEGOB
Burya abasore bakunze kubabara iyo bagerageje kwegera umukobwa akabima urukundo ku ikubitiro, abenshi bakeka ko ari uko atari beza ku rugero rw’abo bakobwa. Hari n’abatekereza ko bakagombye kuba bari kurwego nk’urwabo bakobwa mbere y’uko babatereta ariko burya si ibyo gusa bishobora gutuma umukobwa yanga gukundana nawe. Uretse amafaranga burya hari ibindi bintu abakobwa bitaho cyane […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne