in

Uku niko bigenda iyo ukundanye utagamije ubusambanyi cyangwa inda nini

Ku mbuga nkoranyambaga ,cyane izo mu gihugu cya Nigeria ,hari kuzenguruka amafoto agaruka ku rukundo rw’umusore n’inkumi bakundaniye mu mashuri yisumbuye bakaba barakomeje urukundo kugeza biyemeje kubana.

Abasakaje ayo mafoto ,bifashishije ifoto y’umusore n’inkumi ubwo batangiraga gukundana ubwo biganaga mu mwaka wa 2004 kugera muri uyu mwaka wa 2023 ,ubwo ni ukuvuga ko bari bamaze imyaka 19 mu munyenga w’urukundo.

Ni inkuru yashimishije by’umwihariko abiganye naba bombi ,bavuga ko urukundo ari rwiza kandi iyo habayeho kwihanganirana ntacyidashoboka.

Urukundo rwabo rwatangiriye mu mashuri yisumbuye
Urukundo rwabo rwatangiriye mu mashuri yisumbuye
None biyemeje kurushinga nyuma y'imyaka 19
None biyemeje kurushinga nyuma y’imyaka 19

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Kubona Lague agiye gukina mu kiciro cya 3 ni ishyano riba riguye” Umunyamakuru yanenze kujya hanze kwa Lague maze na we aterwa imijugujugu

Ubu bwiza bwo ntibusanzwe; Umunyamideri w’i Rubavu yasariwe nabatari bake kumbuga nkoranyambaga yavuze inzozi afite bagwa mukanu -AMAFOTO