in

Uko amashuri arimo kongera amafaranga mu buryo binyuranyije n’itegeko ahanwa

Umunyeshuri wiga mu bigo bya Leta ataha ntago agomba kurenza amafaranga 19,500 ndetse uwiga aba mu kigo ntago agomba kurenza amafaranga 85,000 nubwo hari ibigo birimo kongera amafaranga y’ishuri uko bishakiye.

Minisitiri w’uburezi Dr Uwamariya yemeje ko harimo gukorwa igenzurwa ndetse ko ibigo bizafatwa bizahanwa cyane.

Ati “Aho tumenye tugenda tugikemura dufatanyije n’ishuri. Icyo turi gukora, hari abantu bari gukurikirana ahavutse ikibazo tugakurikirana tukajya kureba uko ikibazo kimeze.”

Yavuze ko ibi bibazo bitari kubura kubaho mu gihe haje amabwiriza mashya nk’ariya. Ati “Byanze bikunze mu gushyira mu bikorwa aya mabwiriza hose ntabwo byari kugenda neza, ni na yo mpamvu tugomba gukomeza kubikurikirana.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Perezida wa FERWAFA yirengagije Amavubi makuru yadusebeje asezeranya Amavubi mato ibitangaza

Niyigena Clement waraye atsinze ibitego 2 yasabye ikintu gikomeye abashinzwe ikipe z’igihugu bagomba guhindura