yegob.rw
Ubuzima: Abaturage baratabaza inzego z'ubuzima ku kibazo cy'uburwayi bw'imidido kiri kubashegesha - YEGOB
Hari abahuye n’uburwayi bw’imidido bavuga ko inzego z’ubuzima, zikwiriye kongera ubukangurambaga mu baturage bugamije kwimakaza isukuru y’amaguru kugira ngo iyi ndwara kimwe n’izindi ziri mu cyiciro nk’amavunja n’imyate zicike burundu. Inzego z’ubuzima mu Rwanda zivuga ko kuri ubu habarurwa abantu basaga ibihumbi 6000 barwaye imidido. Igice cy’Amajyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Rwanda nicyo cyibasiwe cyane […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne