Inkuru rusange
Uburyo 4 wasomamo umukunzi wawe akajya ahora abikwingingira

Hari uburyo bwinshi abakundana bakoresha basomana ibintu bikagenda neza gusa uburyo basomanamo bushobora kuba ari uburyo busanzwe bukoreshwa naburi wese ugasanga wenda yaranabirambiwe kubera ugumya ubisubiramo buri gihe.
1. Koresha intoki zawe
Aha ushobora guhita wibaza uti ese intoki zijemo gute mbere yuko usoma umukunzi wawe baza uhuze ibiganza byawe unyujije inyuma kwijosi cyangwa umufate mumisaya ubundi utangire kumusiga imirwa gakegake
2. Musige imirwa mbere yo kuyimutamika
Abantu benshi bibwirako gusomana ari ugutamira iminwa yose uko yakabaye nyamara siko biri aha watuma ahubwo akuzinukwa icyo ukora musige iminwa yawe gahoro gahoro ubundi ibindi birazakwikora.
3. Gerageza kumukoza ururimi mugutwi
Ibi nimbivuga ntago muhita mubyiyumvisha cyane bitewe wenda no kuba wumva mu gutwi atariho hibanze gusa, gukoza ururimi mugutwi bituma umukunzi wawe yumva ariwe wishimiye kw’isi kuko uko ugenda urukozamo bimuha ibyishimo bidasanzwe.
4 Gerageza umusome burihamwe kumubiri we
Hari ibice byinshi kumubiri wumuntu biba ari ngombwa ko ubikoresha aha twavuga nko kumusoma kumaso,kunda,mugatuza,mugahanga kumukondo mbega ukagerageza kumusoma henshi hashoboka.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro7 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
inyigisho8 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.