in ,

UBUHAMYA:Iyumvire abakobwa bivugira uko bajya i Dubai gukoresha imibiri yabo mu buryo ubwo aribwo bwose kugira babone amaramuko (VIDEO)

Twumva kenshi ko hari abakobwa bafata rutema ikirere bakajya  Dubai (muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu ) gukorera amafaranga,kandi koko bakayabona ntabundi bumenyi bafite cyangwa iki ahubwo bifashishije uko Imana yabaremye,Ibi ushobora kuba ubyumvishe bwa mbere cyangwa se wari usanzwe ubizi ndetse wenda ucyeka n’abajyayo muri ubu buryo gusa kuri iyi ncuro noneho twe ntabwo ducyeka.

instathot_busted

Amashusho yakwirakwiriye kuri Internet agaragaza abanyamideli bo kuri Instagram (Instagram Models) bemera ko  bakora imibonano mpuzabitsina n’abaherwe barimo aba Sheik kugira babone amaramuko ndetse kandi ngo bishyurirwa no kuryamana n’abana bato.

Umwe mu banyamideli witwa Josene “jojo” delacruz,yivugira ko agiye gukora imibonano mpuzabitsina y’ubwoko bwose,ati ” i’m going to “Some sexual activity”…..including An*l….[]”n’ibindi nawe wakumva yivugira muri iyi video ikurikira.

Indi Video yashyizwe hanze ni iy’umunyamideli wo kuri instagram witwa  Aliana Lozada Gonzalez uvuga ko agiye i Dubai kuryamana  ndetse ngo yemeye kuryamana na Sheik ndetse nyuma ngo azabikorana na murumuna w’uyu mu Sheik ufite imyaka 13 w’isugi maze yishyurwa akayabo k’amadorali.[IBI N’IBINDI TUTAVUZE NIBYO LOZADA YIVUGIRA MURI IYI VIDEO]

Umujyi wa Dubai n’ubwo hari abawufata nka Paradizo nyamara hari n’abawita iwabo wa Sekibi,haritse ubusambanyi busesuye kandi bw’umwuga.Mu nkuru ndede yandiswe na The Sun,ikayita “Dubai’s dirty secret”,ivuga uburyo indaya zirenga ibihumbi 30,000 zikorera ku mugaragaro kandi ntacyo zikanga muri uyu mujyi w’abayoboke b’idini rya Islam.

Ngo mu ijoro hagati abakobwa banyuranyuranamo mu magorofa yakirana nk’inyenyeri,abakobwa bambaye amajipo magufi n’inkweto ndende baba  batangiye akazi,Umwe mu bakobwa bakora aka kazi mu ibanga ,yabwiye The Sun ko abikora kabiri mu mwaka ndetse ngo gusambana ni umuco w’ibanga muri kiriya gihugu gusa ni ibintu byeze kandi bigize ibikorwa bihakorerwa ku kigero cya 45% dore ko ngo hahurira abakobwa n’abanyamafaranga bavuye imihanda yose y’isi .

Igitangaje n’uko Dubai,umujyi munini muri Leta Zunze ubumwe z’abarabu ugizwe n’abayoboke b’idini rya islam  bagendera kuri amwe mu mahame agira ati”

>Umugore  agomba kwambara akikwiza igihe cyose,agomba kuba yambaye imyambaro imuhisha amaguru n’amaboko uko yakabaye,itanagaragaza umwenda w’imbere

.Imyambaro yo kogana igomba kwambarwa kuri plages cyangwa mu ma piscines gusa.

>Imibonano mpuzabitsina itagira ubukwe bwakozwe ku mugaragaro ntiyemewe kabone n’u bwo mwaba mwaremeranyijwe kubana,Ubikoze atarakoze ubukwe bikamenywa n’abayobozi ,azahanishwa igifungo cy’amezi 6,amande ndetse no kwangazwa.

.Kuryamana kw’abahuje ibitsina n’ikizira

>Ni ikizira kandi gihanwa n’itegeko kurarana n’umuntu mudahuje/muhuje igitsina mu cyumba kimwe cya hotel mu gihe mutakoze ubukwe cyangwa ngo mube mufite isano rya hafi.

.Ibikorwa by’urukundo bikorerwa ku karubanda nko Gusomana,gufatana agatoki ku kandi ntabwo byemewe na gato.

Ni byo koko amwe muri ayo mategeko yarubahirijwe ubwo mu mpeza z’umwaka wa  2012 Rebecca Blake warufite imyaka 29 na Conor McRedmond warufite imyaka 30 bafashwe basambanira mu modoka nyuma yo gusinda umunsi wose maze bahanishwa gufungwa amezi atatu maze basubizwa muri Irland aho bakomoka

Muri 2008 na none Michelle Palmer wari ufite imyaka 36 w’Oakham,Rutland na Vince
Acors w’i Bromley nabo bahamwe n’icyaha cyo kuryamana ku mucanga maze bafungwa amezi 3 banasubizwa muri USA aho bakomoka

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto mashya agaragaza ubwiza n’uburanga bihebuje bya Miss Peace Kwizera akomeje guca ibintu kuri Instagram (amafoto)

Umukinnyi ugomba kwegukana Ballon d’Or yamenyekanye mbere y’igihe