in ,

Tuff gangz bashyize hamwe maze basohora indirimbo yabo bakoranye nyuma yo gusubirana kwabo

Image result for tuff gangz

Abasore bane bagize itsinda rya Tuff gangs bongeye gushyira imbaraga hamwe maze bahurira mu ndirimbo imwe bakoranye n’ubwo fireman atayumvikanamo.

Tuff Gangs ni itsinda ryari rigizwe n’abasore bane b’abaraperi aribo Bulldog, Green P, Fireman na Jay Polly, bakoze indirimbo nyinshi zakunzwe mu gihugu cy’u Rwanda nka ibiro by’ibanga, amarira y’imfubyi n’izindi nyinshi.

Image result for tuff gangz

Mu minsi yashize, abagize iri tsinda basubiranyemo maze bagirana amashyari yatumye bashwana  buri wese ajya gukora ku giti cye bisa nkaho iri tsinda ribaye nkiryibagiranye mu mitwe ya benshi ariko nyuma baje gusubirana ndetse biba nintandaro yo gutangira gukorana indirimbo.

For Someone niyo ndirimbo ya mbere Tuff Gangz bakoranye
For someone niyo ndirimbo ya mbere Tuff Gangz basohoye nyuma yo gusubirana kwabo

Kuri ubu, aba basore bongeye kwihuriza hamwe maze bashimangira ko bagiye kongera kuzamura Tuff Gangs imeze nk’iya Kera akaba ari nayo mpamvu bahisemo kongera gukorana.

Kanda hano ubashe kumva no gutunga indirimbo nshya ya Tuff Gangz yitwa For Someone

Tuff Gangz – For Someone

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tuff Gangz – For Someone

Inkuru Ishyushye-Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yikozeho agaragara akora ikintu kigayitse kw’ifoto none abafana bari gusaba Ronaldo gutandukana nawe