in

The Ben yatangiye gukumbura Pamella nyuma yo kumusiga agasubira muri Amerika

Mu cyumweru gishize umuhanzi The Ben yerekeje muri Leta zunze umwe z’Amerika mu mugi wa Chicago ari nawo yahoze abamo mbere yo kugaruka i Kigali. Uyu musore rero akaba yargaiye asize umukunzi we ari we Miss Pamella muri Africa, aho nawe yarigiye kwishimisha muri Kenya yizihiza isabukuru y’amavuko.

Nyuma y’iminsi mike rero ageze Chicago, The Ben akaba yatangiye gukumbura umukunzi we Pamella nkuko yabigaragaje ku ifoto ya Pamella aheruka gushyira kuri Instagram aho The Ben yahise ashyiraho comment y’umutima.

The Ben akaba yarasubiye Amerika nyuma y’igihe gito we na Pamella batanagje ku mugaragaro ko bakundana nyuma yo kumara igihe kirenga umwaka bakundana  mu ibanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kibonke wo muri Seburikoko yavuze ubuzima bushaririye yanyuzemo mbere yo kuba icyamamare.

Messi yateje impaka nyuma yo kugaragara mu myambaro ya PSG.