in

The Ben yaba ari mu rukundo na Miss Pamella Uwicyeza

Umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo The Ben, aravugwa ko yaba ari mu rukundo na Miss Pamella Uwicyeza nyuma y’ibimenyetseo bitendukanye byakomeje kugenda bituma abafana bakeka ko bakundana.

The Ben usanzwe yibera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika amaze iminsi mu Rwanda bitewe n’icyorezo cya CoronaVirus cyatumye ingendo nyinshi zihagarikwa. Muri iyi minsi rero ari mu Rwanda, uyu mukobwa Pamella akaba yaragaraye yifotoreza mu rugo rwa The Ben ariho abantu batangiye kwibaza icyo bari gupanga.

Ibi bikaba byaraje byiyongera kuyindi foto ya The Ben na Pamella yigeze kujya ahagaragara bahuje urugwiro.

Yaba The Ben cyangwa se Pamella na numwe muribo wari yahakana iby’urukundo rwbao bikaba birushaho gutuma abantu bakeka ko bakundana koko

Iyi foto yafatiwe mu rugo rwa The Ben

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amagambo 7 aryohereye wabwira umukunzi wawe akuzura ibinezaneza.

Miss Ingabire Habibah yerekanye umusore wa mbere yakunze mu buzima bwe