Imyidagaduro
The Ben ararye ari menge bitihise Pamella baramumutwara

Hashize iminsi havugwa igurumana ry’urukundo hagati ya The Ben ndetse na Miss Pamella Uwicyeza. Kuri ubu ntibikiri n’ibangan ndetse kuko aba bombi bamaze kwemera ndetse banerurira abafana babo ko bari mu rukundo. Nk’undi mukobwa wese, Pamella nawe afite abandi basore baba bamwirukaho ndetse banamutereta batitaye ko akundana na The Ben. Ibi bishobora kuba intandaro yuko isaha n’isaha The Ben ashobora kwisanga asubiye mu buzima bwa wenyine akabaho nta mukunzi afite.


Nkuko umwe mu nshuti za hafi yabibwiye YEGOB, Miss Pamella afite abasore benshi bamwirukaho ndetse bamushaka nabo bifuza gukundana na we ngo ndetse baranamusohokana akenshi iyo The Ben atari mu Rwanda bakunze kuba bari kumwe. Ibi ariko nta gitangaza kirimo kukoo nkuko twabivuze haruguru si Pamella wa mbere si n’uwa nyuma waba utereswe n’abasore bandi batari umukunzi we kuko usanga n’abagore bafite abagabo baba bateretwa n’abandi bagabo ndetse n’abasore. Gusa kuri iyi nshuro ho The Ben arasabwa kwitonda kugirango hato atazisanga bamutwaye Pamella we.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro11 hours ago
Hamenyekanye impamvu Kimenyi Yves yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Miss Uwase Muyango igitaraganya
-
Imyidagaduro19 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
inyigisho20 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Izindi nkuru2 days ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Inkuru rusange7 hours ago
Ibyo wamenya kuri uyu mwana utangaje wapimaga ibiro 200 afite imyaka 10 y’amavuko gusa.
-
inyigisho9 hours ago
Bimwe mu bintu ukwiye kwirinda gukora niba udashaka kuzana umwuka mubi mu rugo rwanyu.
-
Izindi nkuru2 hours ago
Umukobwa ukiri muto yapfuye ubwo bamutunguraga bamwifuriza isabukuru y’amavuko.