in

“Sida mbi ni inzara. Na sida ubwayo yarumiwe” Uramutse wumvishe uko urubyiruko rufata Sida amabere ya kwikora kandi utonsa

Muri iyi minsi hari kubaho ubukangurambaga bwo kumvisha urubyiruko ko Sida ari ndwara igiteye inkeke. Ariko uramutse umenya uko urubyiruko ruyifata wakumirwa.

Muri iyi nkuru tugiye kukwereka uko urubyiruko rw’iyi minsi rusigaye rufata Sida. Ni mu bitekerezo byatanzwe kuri post Anita Pendo yashyize kuri Instagram ye.

Yagize ati:  ” Bitewe n’uko ubona imyifatire y’urubyiruko ubu ubona bibuka ko Virusi itera sida ikiriho? Cyangwa kuri bo ni igihuha?

Nyuma yo kubona iyo post abantu batandukanye batanze ibitekerezo bigiye bitandukanye kuri iyo ngingo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese ni gute Cristiano Ronaldo azabana n’umugore we mu Barabu kandi batarasezeranye byemewe n’amategeko?

Nyuma yo gutera ivi yatewe uwinyuma n’ikipe yakiniraga kubera impamvu z’ubwiru