Imyidagaduro
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana

Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yigambye ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana. Ibi Shaddyboo yabyigambye abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram.

Shaddyboo ari kumwe na Diamond Platnumz
Mu magambo ye bwite, Shaddyboo yagize ati: “Harya Diamond ntabwo nawe yamenyekanye kubera njyewe 2! 🤔naho ubundi, Indirimbo ze nawe yari kuba aziyumvira🤔”.

Ibi nibyo ShaddyBoo yatangaje abinyujije kuri Twitter
Harya Diamond ntabwo nawe ya menyekanye kubera njyewe 2 !🤔 naho ubundi ,
Indirimbo ze nawe yari kuba aziyumvira 🤣— Shaddyboo (@shaddyboo__92) January 14, 2021
Nyuma yuko Shaddyboo yigambye ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana, abafana ba bakubwiye ibi bikurikira:





Shaddyboo yagiye agirana umubano wihariye na Diamond Platnumz ndetse no mu ngendo nyinshi Diamond Platnumz yakoreraga mu Rwanda, Shaddyboo yabaga amuri hafi buri gihe. Si ibi gusa kuko Diamond Platnumz yajyaga anamutumira muri Tanzania mu birori bitandukanye birimo ndetse n’ibirori by’isabukuru ye y’amavuko.
-
Imyidagaduro2 days ago
Rocky Kimomo yakoreye ibidasanzwe abanyamakuru ubwo yari agiye guhabwa igihembo yatsindiye
-
Imyidagaduro21 hours ago
Umunyamakuru Jules Karangwa n’umugore we bizihije isabukuru y’imyaka itatu bamaze barushinze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko
-
imikino23 hours ago
Umukinnyi w’Amavubi wiyerekanye cyane muri #TotalCHAN2020 agiye kugurwa akayabo yerekeze mu ikipe ikomeye ku mugabane w’i Burayi
-
Imyidagaduro2 days ago
Producer Eleeeh yasobanuye impamvu abatunganya amajwi bakora nijoro anagenera ubutumwa abavuga ko akora indirimbo ziri mu njyana imwe
-
inyigisho1 day ago
Ntuzemere gushyingiranwa n’umukunzi wawe niba adashobora gusubiza ibi bibazo.
-
Imyidagaduro13 hours ago
Inzozi z’igihe kirekire za Niyo Bosco zirashyize zibaye impamo
-
Ubuzima2 days ago
Ngibi ibimenyetso byakwereka ko umuntu yakuriye mu muryango ukennye cyane.