in

ShaddyBoo yaririye imbere y’umunyamakuru kubera ibyo abafana bamukoreye

Shaddy Boo umaze iminsi akora ama interview n’ibinyamakuru bitandukanye yamamaza business ye nshya aherutse gufungura yo gutegura amafunguro, aharutse guhishura uburyo yababajwe n’ukuntu abanyarwanda bamusetse bamuhora kuvuga nabi icyongereza.

Mu kiganiro aherutse kugirana na X-Large Tv, Shaddy Boo akaba yarabajijwe niba yarababjwe n’ukuntu abanyarwanda bamusetse ndetse bamwe bakanamusebya igihe yari yitabiriye Jibebe Challenge mu gihugu cya Tanzania, maze mu gusubiza azubiza agira ati :”Byarambabaje. Burya umuntu naguha opportunity ntuzayange kuberako utazi ururimi. Njye uwa yantumiye yaranyishimiye cyane arikoa abanyarwanda bo nkabona ntibanyishimiye ko nateye intambwe. Nababajwe no kubona abantu bishimye ngo kuko nasebye. ”

Aya magambo Shaddy Bo akaba yarayavuganye ikiniga bigaragara ko amarira yamuzenze mu maso .

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya akamaro Filime z’ubusambanyi zifite ku bashakanye

Mukobwa, nubona umugabo ufite iyi myitwarire ntuzatume aguca mu myanya y’intoki