Imyidagaduro
ShaddyBoo ati: « Ndumva nshaka ikinyafu »|Dore uko umwe mu bafana be yamusubije

ShaddyBoo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yatangaje amagambo yiganjemo ayo kuvuga ko ashaka ikinyafu maze umwe mu bafana be ahita amusubiza byihuse. Ijambo ikinyafu ririmo gukoreshwa cyane muri iyi minsi ryavuye ku ndirimbo nshya ya Bruce Melodie yise ikinyafu. Kuri ubu ijambo ikinyafu riri mu magambo agezweho arimo gukoreshwa muri iyi minsi n’abantu benshi batandukanye.

ShaddyBoo

Aya niyo magambo ShaddyBoo yatangaje abinyujije kuri Twitter ye
Nyuma yuko Shaddyboo atangaje aya magambo umwe mu bafana be bamukurikira ku rubuga rwa Twitter yamusubije agira ati: « Nese ubundi wakoreshaga amarenga uri Dubai ».
https://twitter.com/shaddyboo__92/status/1348606873356931080?s=09
DORE IBYO ABANDI BAFANA BA SHADDYBOO BAMUSUBIJE:





-
Hanze22 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana
-
Imyidagaduro17 hours ago
Umwe mu banyamakuru ba RBA bakunzwe yahishuye impamvu abantu babyibushye batisanzura ku bantu bose
-
inyigisho24 hours ago
Niba urateganya gukora ubukwe zirikana ibi bintu by’ingenzi utazavaho wicuza nyuma.
-
Imyidagaduro11 hours ago
Supersexy yongeye kwibutsa umugabo we ko amukunda cyane aboneraho anamwifuriza isabukuru nziza
-
Hanze15 hours ago
Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.
-
inyigisho19 hours ago
Uretse kuba abagabo bagiye gusubira ku gikoma, dore ibindi bintu by’ingirakamaro byo gukora muri guma mu rugo
-
Inkuru rusange12 hours ago
Umudamu yakoze keke zidasanzwe bamwe batangira kumushinja ko ziganisha ku busambanyi.