in ,

Selena Gomez yakojejwe isoni n’imyambarire igayitse mu mihanda y’I Los Angeles (amafoto)

Ku munsi w’ejo ubwo Selena Gomez yari mu gikorwa cyo kwamamaza indirimbo ye nshya yitwa Bad liar mu mugi wa Los Angeles yakojejwe isoni n’umwenda yara yambaye watumye yerekana ibyo atari yateganije kwerekana.

Nkuko bigaragara ku mafoto Selana Gomez akaba nta sutiye yari yambaye hakiyongeraho kuba umwenda yari yarambaye wari ufunguye ku ruhande. Ibyo rero bikaba byaratumye Selena Gomez yerekana ibere rye ku karubanda.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo ya Hirwa Honorine bakunze kwita igisabo yubatse benshi (yasome hano)

Iyumvire amagambo yo kwicisha bugufi Lionel Messi yatangaje kuri Cristiano Ronaldo