Inkuru rusange
Rya urunyanya rumwe ku munsi rukurinda indwara y’umutima

sibye urunyanya, abo mu bihugu byacu babona bitagoranye cyane, hari ibinini bikoze cyane mu bigize itomati bifasha mu kurinda indwara z’imitsi iganisha ku mutima.
Nkuko byemejwe n’abahanga bo muri kaminuza ya Cambridge (UK) bavuga ko mu bushakashatsi bakoze kuri ibi binini, basanze birimo ibyitwa ‘lycopene’.
Lycopene ari nayo ituma ngo urunyanya ruba umutuku byemezwa kandi ko ituma imitsi yo ku mutima itajyaho ibinure ngo ibe yabyibuha bityo amaraso ntagende neza.
Mu bushakashatsi bakoze, abarwayi banyoye ibi binini byasohotse mu mpera z’umwaka ushize, ndetse n’abafunguraga inyanya mbisi buri munsi mu gihe cy’amezi atatu, ubuzima bw’umutima wabo bwagiye burushaho kumera neza.
Umutima cyangwa indwara ziturutse ku mitsi y’umutima zivugana abantu benshi cyane buri mwaka ku Isi, ndetse ngo hari na benshi mu bihugu bimwe na bimwe batamenyako ariwo bazize.
Buri kinini kimwe muri ibi binini bitaragera ino iwacu, ngo kinganya imbaraga no kuba warya 1kg y’inyanya mbisi, ariyo mpamvu ku batabasha kubona ibi binini gufata urunyanya rubisi nibura buri munsi bifasha cyane umutima wawe kubaho neza.
-
Hanze20 hours ago
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden
-
Ubuzima22 hours ago
Dore impinduka zaba ku mubiri wawe uramutse uriye umuneke ukarenzaho ikirahuri kimwe cy’amazi mu gitondo.
-
Imyidagaduro12 hours ago
Impamvu Mwiseneza Josiane adakora ubukwe yamenyekanye
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga yagiriye inama abakobwa bakunda abasore bameze nka The Ben nyamara bo batameze nka Pamella
-
Imyidagaduro16 hours ago
Dore ubutumwa wa munyamakuru wa RBA wiciwe ubukwe ku munota wa nyuma yagenewe n’abafana be
-
imikino18 hours ago
Sadate yakijweho umuriro asabwa gutanga kimwe cya kabiri cy’amafaranga yemereye abakinnyi b’Amavubi
-
Inkuru rusange10 hours ago
Mama wa Christopher yitabye Imana
-
inyigisho11 hours ago
Ukuyemo amafaranga, reba ibindi bintu abakobwa babanza kureba ku basore mbere yo kubemerera urukundo.