in ,

Rwatubyaye Abdul yagaragaye asomana n’umukunzi we mu buryo buteye ubwoba (VIDEO)

Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe ya Rayon Sport, mu minsi ishize yanayitsindiye ibitego bibiri mu mikino ya CECAFA nyuma yo gusezererwa yagarukanye n’ikipe mu Rwanda aho anafite umukunzi witwa Umurerwa Chelina bamaze igihe bakundana. Mu ijoro ryo kuri uyu wa 11 Nyakanga 20018 ni bwo hakwirakwijwe amashusho yabo barimo gusomana mu buryo abenshi muzi nka French kiss,nawe ihere ijisho:

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwamutwaye umukunzi Platini yaje kumusura i Kigali [IFOTO]

Wakanda summer pool party – igitaramo cyateguriwe urubyiruko mu rwego rwo kwishimana no gusabana