in , ,

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO

Rwanda: Shazzy, Umukobwa wafungishije abahanzi Davis D na Kavin Kade bazira kumusambanya, yatangaje ko ari Isugi

Mu minsi ishize abantu batandukanye bumvise inkuru y’ifungwa ry’abahanzi Davis D, Kevin Kade ndetse na Thierry ufotora, icyo gihe byavugwaga ko bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 (utaruzuza imyaka y’ubukure ukurikije amategeko y’u Rwanda).

Mu gihe abahanzi Kevin Kade, Davis D ndetse na Habimana Thierry bafatwaga n’Urwego rw’Ugenzacyaha (RIB), abantu batandukanye cyane cyane abafana b’abo bahanzi bavuze ko bafungishijwe n’umukobwa witwa Kayesu Shalon, bitewe n’uko ngo afite Nyirarume ukomeye cyane muri Polisi y’u Rwanda, bityo akaba ari we watumye abo bantu bafungwa.

Nyuma yibyo, aba basore bakaba baraje kuba abere ndetse barafungurwa gusa birangira uyu mukobwa witwa Shalon abaye ikimenyabose cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga. Akaba yaraje no kwifashishwa n’umuhanzi Jules Sentore mu mashusho y’iindirimbo “Iyizire”.

Uyu mukobwa ukoresha amazina ya Shazz kuri instagram yaje kugaragazako akiri isugi abinyujije kuri uru rubuga, aho abakobwa bakiri isugi bagenda bakusanya amafoto yabo hanyuma n’abandi bakagenda biyongeraho. Uyu mukobwa nawe akaba yaje kwiyongera mu bakobwa bakiri amasugi nukuvuga batarakora imibonano mpuzabitsina.

Reba iyo foto

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Bahati
Bahati
2 years ago

Byashoboka Ko arisugi kuko nubundi bariya basore babaye abere

0788928379

Bruce Melodie agiye gutungura Abanyarwanda bitarabaho

Ibyagufasha gucyesha mu kwaha hawe hahindutse umukara