in

Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa

Iyi couple ya Jeanne na Promese ikomeje gutangaza abatari bake, ndetse nk’uko babyivugira ngo abantu benshi bagenda babaca intege ,bavuga ko uyu Jeanne w’imyaka 50 ari umukecuru ubyaye uyu musore uri myaka ya za 20.

Aba ubwo bari mu kiganiro na Gasaro TV bahishuye ko bakundana birenze uko abantu babyumva ndetse ,ubarebye koko usanga bakundana bya nyabyo dore ko umunota ku munota baba basomana.

Promesse yavuze ko ababazwa n’abatukira umukunzi ngo arashaje.Yagize ati:”abantu usanga bavuga ngo uyu mukunzi wanjte ni umukecuru ,bagashaka kugereranya initagereranwa bavuga ko sngana na Mama.”

Banyuzamo bagasomana.

Jeanne we yavuze ko atiraye ku byo abantu bavuga ,dore ko nubwo afite abana ariko azakomeza gukundwakaza uyu musore.Ati:” Umukunzi wanjye sinamuvuga mu izina,ndamukunda cyane kandi sinitaye kubyo abantu batuvugaho.imyaka ni imibare ,kandi urukundo ni urukundo.Mfite abana ariko uyu musore ni we sezerano Imana yampaye”.

Bakomeje bashimangira ko bagiye gushingana urugo mu gihe cya vuba.

Kanda kuri iyi video urebe ikiganiro kirambuye:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibimenyetso SIMUSIGA byakwereka ko umukobwa mukundana atakwiyumvamo na gato||Bibaye byiza wahita ufata icyemezo cyo kumureka.

Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .