in ,

Rutahizamu w’ikipe ya APR Fc, Sibomana Papy yapfukamye imbere y’umukunzi we amasuba ku mubera umugore (amafoto)

Rutahizamu w’ikipe ya APR Fc, Sibomana Patrick benshi bazi nka Sibomana Papy yameze kwerekana uwo yifuza kuzaba nawe mu buzima asigaje kubaho kuri ino si ariwe Uwase Housnat Sultan.

papy7

Papy na Housnat bakaba bara bamaze igihe kitari gito bakundana gusa noneho ubu bakaba ubu bakaba biteguye kubana nk’umugabo n’umugore kuko, uyu mukobwa nazwe nyuma y’uko Papy amupfukamye imbere akamusaba kumubera umugore yahise asubiza ati Yego atazuyaje.

papy6

papy5

papy4

papy3

papy2

papy1

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Knowless yagize icyo atangaza ku makuru avuga ko yaciye inyuma Clement

Umwe mu bana 45 bavutse ku bunani n’uwumuhanzi