in

Ruhango : Umugabo yanywesheje inzoga indaya bari bamaze gutera akabariro abura ayo kwishyura, arakubitwa agirwa intere.

Mu murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubiswe agirwa intere nyuma yo kujya mu kabari ari kumwe n’umugore bivugwa ko akora uburaya baranywa biratinda maze babura ayo kwishyura aribyo byamuviriyemo gukubitwa.

Nkuko tubikesha BTN TV ngo uyu mugabo witwa Peter yabanje kujyana indaya mu rugo bajya gutera akabariro ,aho bari bumvikanye amafaranga ibihumbi 2 .Uyu mugore ngo yaje kuyamwishyiza arayabura amubwira ko barajya mu kabari bakanywa inzoga bigahwaniramo.

Bagiye mu kabari baranywa maze nyirakabari ashatse kumwishyuza avuga ko nta mafaranga afite maze si ugukubitwa agirwa intere.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nakumiro! Umusore Yagujije Umukobwa Bakundana Amafaranga Arayamwima Ahita Afata Umwanzuro Ugayitse

MINEDUC isubije ba banyeshuri bavugaga ko batishimiye amanota bagize mu kizamini cya Leta.