in

Roberto Firmino nyuma yo guterwa ishoti na Brazil akomeje kuryoherwa n’ibiruhuko hamwe n’umufasha we _ Amafoto

Rutahizamu wa Liverpool na Brazil Roberto Firmino nyuma y’uko adahamagawe mu bakinnyi bitabiriye igikombe cy’isi na Brazil ubu akomeje ibiruhuko n’umufasha we Rarissa Pereira ndetse n’abana babo Bella na Valentina.

Roberto Firmino n’umugore we Rarissa Pereira mu birwa bya Maldives

Roberto Firmino Barbosa de Oliveira, Rutahizamu wa Liverpool utarahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Brazil, ari kurya ubuzima n’umugore Rarissa Pereira mu birwa bya Maldives.
Firmino amaze gukinira Brazil imikino 55 kuva muri 2014 ayitsindira Ibitego 17,ndetse kuva uyu mwaka watangira amaze gutsindira Liverpool Ibitego 7 mu mikino 15.
Amafoto:
Abana ba Firmino n’umugore we Rarissa Pereira

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Sonia yabyinnye kugeza akenda k’imbere kagiye hanze(video)

Amakuru mashya ku biciro bya Lisansi na Peteroli mu Rwanda