in

Rihanna yongeye kugaragara mu isura idasanzwe yatunguye benshi(AMAFOTO)

Kuri uyu wa gatatu, Rihanna yagaragaye afite imisatsi mishya  n’imyambarire idasanzwe ubwo yasangiraga muri resitora y’abataliyani Giorgio Baldi muri Santa Monica hamwe n’ushinzwe kumutunganyiriza imisatsi ye witwaYusef Williams.

Igihe aba bombi bazamukaga bajya muri resitora, uyu muhanzikazi wimyaka 32 yafotowe amafoto menshi yakomeje gutangarirwa n’abafana be hirya no hino bemeza ko umusatsi we watumye agaragara neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubutumwa umukobwa adakwiye kwandikira umusore bakundana.

Umutoza wa APR ati “Gor Mahia si ikibazo kuri twe”