Hanze
Rihanna yagaragaye mu mwambaro ukojeje isoni arimo kwishimira irahira rya Perezida Joe Biden

Ku munsi w’ejo nibwo Perezida mushya wa leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Joe Biden yarahiriye kuyobora iki gihugu muri manda y’imyaka ine. Umuhanzikazi Rihanna abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yashyize hanze ifoto ye yambaye umwenda mugufi ugaragaza ibibero bye byose ndetse agaragaza ko yishimiye irahira rya Perezida Joe Biden.
Nyuma yuko Rihanna yari amaze gushyira hanze iyi foto ye, yayiherekesheje amagambo agira ati: “I’m just here to help. 🤷🏿♀️#wediditJoe“.
View this post on Instagram
Si Rihanna gusa wishimiye irahira rya Perezida Joe Biden kuko n’abandi bahanzi bakomeye muri leta zunze ubumwe za Amerika nka Jason Derulo, Jay Z ndetse na Lady Gaga babinyujije ku mbuga nkoranyambaga bakoresha bakomeje kugaragaza ibyishimo batewe nuko babonye umukuru w’igihugu mushya wasimbuye Donald Trump.
-
Inkuru rusange17 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima19 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru17 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho9 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru14 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro4 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.