Imyidagaduro
Rider Man yihanagirije Abahanzi bamurwanya abinyujije Mu Gihangano cye Gishya Yise “UWO NDIWE “: ( +Audio

Rider man umuhanzi uririmba injyana HIP HOP mu Rwanda yogeye kwihanagiriza abahanzi bagenzi be abinyujije mu ndirimbo ye ubwo k’umunsi wejo hashize yatagarije itagazamakuru ko hari abahanzi bakunzi kuvuga ko yazimye ariko we atariko abibona  Ikindi yakomeje atagariza itangazamakuru ko bimubabaza kuba hari abahanzi bagifite ikintu cyo gusebanya ndetse n’ibibazo bitagira impamvu ndetse yerekana ko agishoboye abinyujije muri iyi ndirimbo bityo ko muri abo bahani bakunze kumuvuga ntawuragera kubikorwa afite
UWO NDIWE BY RIDER MAN (Official Audio)
https://www.youtube.com/watch?v=d4NV0DvSEHM
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze