in

Resitora yari imaze imyaka 7 izwiho guteka inyama ziryoshye yaguwe gitumo irikubaga imbwa zo guteka

Umugabo witwa Mwangi utuye mu gace bita Zimmerman usanzwe uzwiho guteka ibiryo biryoshye muri Tanzania birimo isosi , n’ibiryo bikundwa muri iki gihugu bitwa matumbo choma vendor  , yaguwe gituma n’umuturage inyuma y’urugo rwe ari kubaga imbwa  biteza umutekano mucye.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yari amaze imyaka 7 afite Restaurants igaburira abantu kandi akaba yari asanzwe azwiho kugira ibiryo biryoshye , icyakora abaturage bakaba bahise bagargaza ko byanze bikunze uyu Mwangi iyo myaka 7 ayimaze abagaburira imbwa ariko batari barigeze bamucyeka.

Bivugwa ko nyuma yuko uwo muturage amuguye gitumo arikubaga imbwa yahise atabaza abaturage na polisi ariko ngo bahagera agahita abacikira mu rugi rw’inyuma y’urugo rwe, akagenda ariko nyuma akaba yaje gufatwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda : umusore na nyina bishe se bamuziza ingurube

“Ko mbona yari umuhungu se!” Ifoto y’umunyamakuru wa RBA Rigoga Ruth yifotoje mu myaka 10 ihise yavugishije benshi kubera ukuntu yagaragaraga