in ,

Reba udushya tudasanzwe tugaragara mu mashusho y’indirimbo “UMUTIMA WAWE” ya The Son dukomeje gutangarirwa n’abantu batari bake

Muri iyi minsi hari gukorwa itorero ry’abahanzi, aho batozwa kuba abahanzi babereye u Rwanda, icyakora banahabwa imikoro n’ubwo bidakurikizwa iyo barivuyemo, ibi byanakomojweho n’umuhanzi The Son unenga abahanzi kuba badakunze kwamamaza ibikorerwa mu Rwanda mu ndirimbo zabo.

The Son yanenze abahanzi benshi ari nako abakangurira kurebera ku ndirimbo ye nshya bakagerageza kwamamaza ibikorerwa mu Rwanda.Ibi yabikoreye mu ndirimbo ye nshya yise “Umutima wawe” igaragaramo amashusho yafatiwe ahantu hari ibikorerwa mu Rwanda birimo imitako, imyenda n’ibindi.

Amashusho y’iyi ndirimbo nshya ya The Son yafashwe anatunganywa na Fayzo, umwe mu basore batangiye cyera gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi banyuranye.

Kanda hano urebe amashusho y’indirimbo UMUTIMA WAWE ya The Son

https://www.youtube.com/watch?v=t7hPGxxl0ms&authuser=0

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibibazo wagombye kubaza umukunzi wawe niba wifuza ko muzabana

Dore ubugambanyi bwindengakamere Lionel Messi yakoreye umukinnyi ukomeye wa Arsenal bikamubuza kwerekeza mu ikipe ya Fc Barcelona