in

Reba uburyo umu Slayqueen yigishije mugenzi we ibanga ryo kurangiza vuba

Ku munsi w’ejo umwe mu bakobwa bakunzwe gezweho ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda uzwi ku izina rya Christella ya postinze ifoto y’umusore w’inzozi ze cyangwa icyo benshi bita crush, gusa ikiganiro cyayikurikiye kiratangaje.

Nyuma yo gushyira ifoto y’uwo musore kuri snapchat, umwe muba slayqueen b’inshuti ze yahise amwandikira agira ati :”Niccur made me cum last night ” ubushyize mu kinyarwanda ninko kuvuga ati “Yatumye ndangiza nijoro”.

Nuko maze Christella niko kumusubiza ati ndekera umusore. Uwo mukobwa nawe ahita amusubiza ati :”Igihe uzajya uba uri gutera akabariro, ugashaka kurangiza, uzajye uhita utekereza ko ariwe muryamanye bizajya bihita bitungana.”

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba ibyamamarekazi nyaRwanda bitunze Imodoka zihenze muri Kigali

ShaddyBoo yaba ari mu rukundo rw’ibanga n’umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda