in

Reba uburyo bwagufasha gutera akabariro ukaryoherwa bihebuje

A happy African American man and woman couple in their thirties sitting at home together cuddling & laughing.

Imibonano mpuzabitsina ni kimwe mu bintu biryoha hano ku isi ariko ikibazo nuko abantu benshi batazi uburyo bayikoramo neza.Hari n’abandi bizera ko imibonano mpuzabitsina ku rundi ruhande atari myiza, ariko nukuri biba bibabaje kumva umuntu avuga ko gukora imibonano mpuzabitsina ko bitaryoha.

Uretse ko hari n’abandi bayikunda ariko batazi uburyo bayikoramo ngo bashimishe abo bari kuyikorana.Niyo mpamvu tubazaniye uburyo bwiza bune bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina ikaryoha.

1.Ntiwarukwiye kujya ujya gukora imibonano mpuzabitsina wakuyemo imyenda yose:

Ubundi niba mugeze mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ugomba kugenda uko wambaye ubundi mu gihe mwatangiye gukoranaho, ari nako musomana buri umwe agatangira kugenda akuramo undi imyenda, ubundi mwarangiza kuyivanamo hano hari uburyo bwiza bwo gukora imibonano mpuzabitsina, mwese mugomba kwicara ubundi umukobwa akanyuza amaguru hejuru y’amatako y’umuhungu,ubwo umuhungu nawe agafata umukobwa ku mabuno ye maze akamukurura amwiyegereza maze bagatangira igikorwa bicaye.

2.Mukinishe

Niba ushaka kugira isaha yose uri gukora imibonano mpuzabitsina, icyo musabwa ni ugukinishanya mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, ufite gufata uguhumeka kwawe kutarajya hasi igisubizo nta kindi ni ugukinishanya ukora kora ku gitsina cyuwo muri kumwe.

3.Vuga mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina:

Niba muri gukora imibonano mpuzabitsina wigira isoni vuga nibwo uri bwumve uryoherwa ndetse nuwo muri kumwe, nimvuga kuvuga ntugire ngo ni ukuvuga bya bindi bisanzwe, oya, kuvuga mvuga ni ukuniha mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina, ari nako mugerageza gusomana.

4.Umvira ibyiyumviro byawe:

Ufite kumvira uburyo ubwonko buri kuguha bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina. Iga kwinjira muwo muri gukorana imibonano mpuzabitsina, kandi ugerageze niba uri gukora imibonano mpuzabitsina abe aribyo werekezaho ibitekerezo byawe byose ndetse wishyiremo ko nta kindi kibaho ku isi kiryoshye nk’imibonano mpuzabitsina uri gukora.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya impamvu abagabo batinya kurongora abagore beza ariko bakishimira gusambana nabo

Niba ushaka kurambana n’umukunzi wawe, irinde iyi myitwarire igayitse.