in ,

Reba uburanga buhebuje bw’ umukobwa uzasangira umudendezo na The Ben …….

Umuhanzi The Ben uri kubarizwa muri Amerika kuri ubu yatangiye gushyira hanze bimwe mu bizagaragara mu mashusho y’ indirimbo ye Habibi ikunzwe n’ abantu benshi hano mu Rwanda.

Indirimbo Habibi ya The Ben ni imwe mu ndirimbo zikunzwe cyane muri iyi minsi bitewe n’ uburyo ikozwemo cyane cyane ko inabyinitse ndetse YEGOB.RW ifite amakuru ko The Ben azagaragara yishimana,asohokana n’uyu mwali utagira uko asa .

 

aearaeaeraratavafaf


Uyu mukobwa niwe uzaba yiganje muri Habibi ya The Ben izajya hanze mu kwezi kwa 11

Iyi ndirimbo Habibi iri gukorerwa mu mujyi wa Chicago amakuru ahari ava ku muhanzi The Ben nuko ateganya gushyira hanze aya mashusho mu ntangiriro z’ ukwezi kwa 11 (Ugushyingo).

ben-2
Mu mashusho ya Habibi aka gace nako kazazamo

ben

Uyu niwe mukobwa uzagaragara muri iyi ndirimbo Habibi

https://www.instagram.com/p/BLu4gf2g25f/?taken-by=theben3&hl=en

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore isura nshya utazi ya Miss Kwizera Peace urusha benshi gushikama (amafoto)

Ubucuruzi buteye Young Grace kugaragaza ikariso yambaye (amafoto)